Sema Sole - nzaza

Nsanga
Ndiheza ntaho nibasirwa
Tinda
Igihe ntakibazo tinda
Ndeba
Mu maso ngaho ndeba
Ntacyo yaguhisha reba ikiba k'umutima wanjye
Mbwira
Mugihe uzumva bikugora
Nzaza
Nihabi ndahabna
Gusa Nzaza
Nz'agaciro k'icy'utunga
Nubwo ntak'ubona
Nzakujyana aho gacana

Bwambere nkubona nibwo bwambere narumenyaga
Kenshi nibazaga ah'amaranga-nkundo yanjye atura
Niwowe mubitsi wayo
Nihanganye cyera numva ntacyo nzaba ntaruraza
Niga ko nabandi nkanjye ntacyo bumva cyabahanda
Nyuma nkibuka ko buno buzima tubaho rimwe
Kandi mfite byinshi nshaka kumva niyo byaba rimwe
Ninjye wiziraga mfuga ah'umutima wanjye uvoma

Ni kenshi byari kuba nti nkubone
Ariko nkeka k'iyo Mana yanjye ikunda abarushakashaka
Mba nakubonye bwambere agatima kati ndamushaka
Nyumva nanjye icyo nkubasaba ndagusaba mama ng'uzu

Nsanga
Ndiheza ntaho nibasirwa
Tinda
Igihe ntakibazo tinda
Ndeba
Mu maso ngaho ndeba
Ntacyo yaguhisha reba ikiba k'umutima wanjye
Mbwira
Mugihe uzumva bikugora
Nzaza
Nihabi ndahabna
Gusa Nzaza
Nz'agaciro k'icy'utunga
Nubwo ntak'ubona
Nzakujyana aho gacana

Nsanga
Ndiheza ntaho nibasirwa
Tinda
Igihe ntakibazo tinda
Ndeba
Mu maso ngaho ndeba
Ntacyo yaguhisha reba ikiba k'umutima wanjye
Mbwira
Mugihe uzumva bikugora
Nzaza
Nihabi ndahabna
Gusa Nzaza
Nz'agaciro k'icy'utunga
Nubwo ntak'ubona
Nzakujyana aho gacana

Nsanga
Ndiheza ntaho nibasirwa
Tinda
Igihe ntakibazo tinda
Ndeba
Mu maso ngaho ndeba
Ntacyo yaguhisha reba ikiba k'umutima wanjye
Mbwira
Mugihe uzumva bikugora
Nzaza
Nihabi ndahabna
Gusa Nzaza
Nz'agaciro k'icy'utunga
Nubwo ntak'ubona
Nzakujyana aho gacana

Written by:
Denis Karenzi

Publisher:
Lyrics © O/B/O DistroKid

Lyrics powered by Lyric Find

Sema Sole

View Profile