Ay$ - 5 Niggas (feat. HUNNi, PoppA & Taz)

Five niggas muri click yanjye
Inzozi ni nyinshi cyane
Iminota itanu muri shoes zanjye
Wahava wikanze
Iminara yabaye umukunzi wanjye
Tabati iba ishumi ryanjye
Ijwi ryonyine numva nyiramubande
Nabwo arimo avuga ikigande
Amasaha y'akazi iyo ageze
Imikino tuyima agatebe
Inama tugirwa n'idebe
Nukutavuga imbunda n'inseke
Maze minsi ntari muri mood
Phone nakuyeho nibera stu
Ubu inshuti yonyine ni mic
Mabanga imbikiye nayise boo
Hunni byuka
Wumve ibintu bari kuvuga
Boro zawe ngo ni trash
Nta muntu ushaka kuzumva
Sinatuza have utansinga muri iki cyumba
Ijwi rya kabiri rikaganza
Uyu mubiri ndawukodesha
Mba umutagatifu mu gitondo
Nijoro mba nasubiye kw'ivuko
Umutima maze urancikaki
Nisanga waguye mw'iziko
Five niggas muri click yanjye
Inzozi ni nyinshi cyane
Iminota itanu muri shoes zanjye
Wahava wikanze
Iminara yabaye umukunzi wanjye
Tabati iba ishumi ryanjye
Ijwi ryonyine numva nyiramubande
Nabwo arimo avuga ikigande
Umubiri wabaye igituro kigenda roho yanukiyemo
Icyobo k'ibibazo nisanzemo sinzi uko nzakivamo
Ikizere cyabaye igisate, jya ugumana ibyawe
Ntiwamenya ibyanjye, ubimenye naba nzi uwabikubwiye.
Mfite amajwi menshi ndimo kumva
Ndigutaka ntawe urikubyumva
Ndashaka gutuza, evil twin wanjye ari kuvuka
Ndagwa nkabyuka, kwiyi nshuro ndikubura umwuka
Umutima ugakuka ibyiringiro byaboreye mumva
Nta nama nkyumva ubu plug niwe gusa numva
Ndabwira ibikuta nubwo nabyo bisa nkaho bitumva
Narigase imbunda I deserve hell ubu ndabyumva
Mfite ubwoba ko mama ariwe wenyine unkunda
Struggle za life nkipata n'urugi
Ibikuta mbitera ibipfunsi
Illegal deals gukina ubucuruzi
Ubuzima bubereye Jail
Gukina urupfu ndimo mpiga ubutunzi
Kugirango sinzabeho nabi
Mana urandage kuba umupfumu uzwi
Njye ndeba ahazaza buri munsi
Ndashaka gutsinda
Nanjye nkaberwa n'ipinda
Nkazira guhinda
Ku umutima wuzuye agahinda
Ndashinjwa gusinda
Igisebo ni ukuba umu rapper
Niyo waba usenga imihanda ntiyaba abahamya
Inshingano gukura urwana nubuzima
Utagira papa utagira na Mama
N'inshuti nyinshi zikubera indyarya
Ikizere cyawe ukagihata kaya
Ku myaka micye ukanywa isigara
Gucudika n'abahungu mwirigara
Kuri street wahasiga amagara
Imana niyo irinda cope dukina
Imfubyi yumvira urusaku
Niyo ijambo ritarangwa amasaku
Umuhungu agenda kure umwaku
Buri kintu kikazana ni impamvu
Mwihangana twirinda urusaku
Umwe kuri umwe turacyabaha impamvu
Bose baracyari bum
Umugabo nyawe yita Fam
Five niggas muri click yanjye
Inzozi ni nyinshi cyane
Iminota itanu muri shoes zanjye
Wahava wikanze
Iminara yabaye umukunzi wanjye
Tabati iba ishumi ryanjye
Ijwi ryonyine numva nyiramubande
Nabwo arimo avuga ikigande

Written by:
HIMBAZA Elinathan

Publisher:
Lyrics © O/B/O DistroKid

Lyrics powered by Lyric Find