Sema Sole - huha

Ninde utumvir'isasu ahh
Abatagira utera nibo basigara
Njye ndaruhukira hakurya
Uyu mubiri ndinda kurusha na roho
Nyereka ibiba ino saha gusa
Njye mbarizwa mubatita ku muriro
urikuza numva amakuru meza gusa

Njye mbarizwa mubatita kubizaza

Ninde utumvira isasu ahh
Abatagira utera nibo basigara
Njye ndaruhukira hakuryahh
Ubu buzima bw'isi bwo buranagatsindwa
Bayigaya ibabyutsa dore abumagaye
Ibabyutsa bo batanabishaka barasaba gutaha ndagusaba ko basi abeguka badasonza siga niki batunga

Biremere abumagaye
Bumba soza huha
Ntubasig'ibiza mbona ubizi
Bumba soza huha

Biremere abumagaye
Bumba soza huha
Ntubasig'ibiza mbona ubizi
Bumba soza huha

Bitangira ukihakambakamba
(Rahira)
Izi hustle nizo zambitse intare ubukana
fata inzira bitara komera aha
(Komeza)
Musheger'ibitazabagirir'umumaro
fata ejo nkahatazaza
Sab'imbaraga ndetse unasabe icyuya
Birafata igihe
Gusa akuka koko irashora
(Gusa akuka k'irashora reka ntago iheza)
Maze igihe ndi ku gabuza roho yanye bana
Ese hano maze iki ntafite nicyo gukuba
Ndasaka mpaka mpakiye agatebo kanjye sha
Ubure icyo kuhatanga utabura izo gusaka
Nzirikana ko yamaye byinshi
bitara-garagarira aya maso
Ukuri ncukura nshaka
Inyandiko mukizima
Zisaba ko nzihumuhura
Unyereke inzira mfata
Umpishe ibiyobya abihiga

Biremere abumagaye
Bumba soza huha
Ntubasig'ibiza mbona ubizi
Bumba soza huha

Biremere abumagaye
Bumba soza huha
Ntubasig'ibiza mbona ubizi
Bumba soza huha

Written by:
Denis Karenzi

Publisher:
Lyrics © O/B/O DistroKid

Lyrics powered by Lyric Find

Sema Sole

View Profile